Ibyavuzwe n'abahanga 17

Ku isi hari abantu babiri bakurikira:

Umuhungu n'umukobwa
Umugabo n'umugore
Umwera n'umwirabura
Umukire n'umutindi
Umutunzi n'umukene
Imfura n'imfunya
Umuhanga n'umuswa
Injiji n'injijuke
Ubyibushye n'unanutse
Umuremure n'umugufi
Umunyamurava n'umunebwe
Umunyembaraga n'umunyantege nke
Umuyobozi n'umuyoborwa
Umwarimu n'umunyeshuri
Umurwayi n'umurwaza
Umuburanyi n'umucamanza
Intwari n'ikigwari
Umunyakuri n'umunyabinyoma

Igihe cyose ubona neza yirengagije,arebye hirya cyangwa arangaye aho uhunyeza azahita ayobora impumyi yamaramaje, nibigenda bityo ibyago byo kugonga inkuta z'isi bizaba biri ku kigero cyo hejuru kuri aba bose uko ari batatu.

Si ihame ariko akenshi umunyantege nkeya iyo ahiriwe n'ibintu atakaza ubuntu n'ubumuntu icyo gihe yisanga amahoro n'umunezero bibaye amateka.