Ku isi hari abantu babiri bakurikira: Umuhungu n'umukobwaUmugabo n'umugoreUmwera n'umwiraburaUmukire n'umutindi Umutunzi n'umukene Imfura n'imfunya Umuhanga n'umuswa Injiji n'injijuke Ubyibushye n'unanutse Umuremure n'umugufiUmunyamurava n'umunebwe Umunyembaraga n'umunyantege nkeUmuyobozi n'umuyoborwaUmwarimu n'umunyeshuri Umurwayi n'umurwaza Umuburanyi n'umucamanzaIntwari n'ikigwariUmunyakuri n'umunyabinyoma Igihe cyose ubona neza yirengagije,arebye hirya cyangwa arangaye aho uhunyeza azahita ayobora impumyi yamaramaje, nibigenda bityo ibyago byo kugonga inkuta z'isi bizaba biri ku kigero cyo hejuru kuri aba bose uko ari batatu. Si ihame ariko akenshi umunyantege nkeya iyo ahiriwe n'ibintu atakaza ubuntu n'ubumuntu icyo gihe yisanga amahoro n'umunezero bibaye amateka.